News
Perezida Paul Kagame yari yongeye kugira Dr Ngirente Edouard, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, muri Guverinoma nshya ya ...
Mu Irushanwa rya Billie Jean King Cup 2025, Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Rutikanga Sylvain, yitabaje abakinnyi bane yifashishije mu 2024 ubwo u Rwanda rwabaga urwa gatanu. Barimo Lia Mosimann Kaishiki ...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe woherejwe na Perezida Kagame nk’Intumwa ...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa ...
Umunyarwenya Herbert Mendo Ssegujja wamamaye nka Teacher Mpamire yasekeje Abanya-Kigali bari bitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen Z Comedy Show. Iki gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibyo u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 31 ishize ari ikimenyetso cy’uko Abanyarwanda badashobora gufata kubaho nk’impuhwe, ashimangira ko aho gutegereza kwicwa abantu ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...
Minisiteri y’Uburezi yahumurije ababyeyi b’abana bafite ‘autisme’ ko iteganya gushyira muri buri ntara ikigo cy’icyitegererezo kizajya gifasha mu burezi bw’aba bana, bajyaga babura amashuri bigamo.
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results